AMAZE IMYAKA 15 ARWAYE UBU AFITE 25 : NIBA UGIRA UMUTIMA UFASHA, REKA DUFASHE UYU MWANA.

0
159

Umusore witwa Mutuyimana Jacques utuye i KarongiĀ  ubu afite imyaka 25, amaze imyaka 15 mu bitaro by; i Kirinda arwaye ibisebe amaguru yose,ntabasha guhaguruka , gukora ibyoroshye (kwihagarika ) no gukora ibikomeye byose abikorera aho aryamye (arabababje) , arasaba ubufasha akabana kubona uko yivuza .

Na we rero , girira impuhwe uyu mwana umufashe uko Imana igushoboje , wigomwe (n’ubundi turi mu gisibo ndetse no mu kwezi gutagatifu)Ā  turebe uko twakwegeranya inkunga tuyimwoherereze, nizey ko Imna dukorera izagukubira inshuro nyinshi ubufasha uzaba wamugejejeho.

Uwagira ubufasha yabunyuza kuri nimero ya mushiki we:Ā  0790957821Ā  Ibaruye k’uwitwa NYIRANSHIMIYIMANAĀ  Jennette.

Iye ni +250 783 496 683 , nkuko muyibona kuri chat twgairanye.

Njye nitwa ManaimĀ  (ni ryo zina nkoresha) +250788669171, ntuye muri Eastern Province, uwo muvandimwe reroĀ  , yansabye ubufasha bwo kumukorera ubuvugizi kuko twari duhuriye muri whatsapp platform.

Ndasaba nkomeje , ko buri wese yasangiza abandi ubu butumwa tugafasha mugenzi wacu akavurwa.

Imana Iduhaane imigisha.

IYI NI CHAT TWAGIRANYE.

19/03/23, 10:06 pm – Messages and calls are end-to-end encrypted. No one outside of this chat, not even WhatsApp, can read or listen to them. Tap to learn more.
27/03/23, 3:16 pm – +250 783 496 683: Wiriwe neza muyobozi wa group ndakwandiye ngusaba ko watsabira group ikapfasha meze nabi muvandi
27/03/23, 4:39 pm – Manaim: Bimeze bite?

27/03/23, 4:52 pm – +250 783 496 683: Nagirago utsabire group ubufasha ndarwaye maze imyaka 15 rwaye amaguru yose ariho ibisebe simbasha guhaguruka kwihagariga no kwituma byose mbikorera aho ryamye ndabasaba ubufasha nkaba kubona uko nivuza
27/03/23, 6:36 pm – Manaim: Ohh pole kbs
27/03/23, 6:39 pm – Manaim: Niba bitakugoye c ntakuntu wampa ifoto yawe n’imyirondoro nkagukorera ubuvugizi, ibyo mbifite mbyanyorohereza kuko hari abagirango ni ukubeshya mbaye ntabifite.

Gusa humura ugiye gukira mu gihe gito.
27/03/23, 10:05 pm – +250 783 496 683: <Media omitted>
27/03/23, 10:06 pm – +250 783 496 683: <Media omitted>
27/03/23, 10:11 pm – Manaim: Address n’imyirondoro
27/03/23, 10:19 pm – Manaim: Humura hari ibyo Imana igiye kugukorera, wowe byakire ubyizere, kandi ibyo nkubwira ni ukuri.
27/03/23, 10:21 pm – Manaim: ” Ndi kumwe na we, Ndagukunda ”
Iryo ni ryo jambo mpawe.

Ryakire.
28/03/23, 12:49 pm – +250 783 496 683: Urakoze cyane
28/03/23, 12:56 pm – +250 783 496 683: Nitwa mutuyimana Jack iwacu nikarongi ubu ndimubitaro byahantu bita ikirinda ibitaro byakarere ka karongi pfite imyaka 25 nkaba maze imyaka 15 rwaye Kandi mbashimiye umuhate wanyu imana izabiguhembera muvandi
28/03/23, 1:07 pm – Manaim: Nimero twanyuzaho ubufasha ni iyihe, ibaruye kuri nde?

Humura ugiye gukira muvandimwe.
28/03/23, 1:19 pm – +250 783 496 683: 0790957821 Ibaruwe kuri Jeannette Nyiranshimiyimana nimushiki wanjye urakoze
28/03/23, 6:19 pm – Manaim: Sawa, ndaje ndagukorera ubuvugizi kandi nizeye ko buraboneka, Humura.

Turi kumwe.
29/03/23, 12:17 am – +250 783 496 683: Uraba ukoze cyane nshuti
29/03/23, 12:47 pm – Manaim: Yego
30/03/23, 6:58 pm – Manaim: Salama brother, umeze neza ku mutima?

JOIN PLATFORM TWAKORESHA TURI KWEGERANYA INKUNGA.

Click here to join

 

SHARE.

Share This

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here