#1. Amatara ndanga agomba gucanirwa rimwe n'amatara yo kubizikana na:
#2. Ibyo ari byo byose , abakozi babifitiye ububasha, bashobora gutegeka kugendera
#3. Umugenzi wese uri mu nzira nyabagendwa, agomba guhita yumvira ibitegetswe na
#4. Uburemere ntarengwa bwemewe bujya ku cyome bwerekanwa na
#5. Mbere yo kwinjira mu isangano aho bagomba kuzenguruka , umuyobozi w'ikinyabiziga agomba
#6. Imyaka fatizo ku bayobozi b'ibinyabiziga biri mu nzego C, D, E na F ni:
#7. Ijambo ikinyabiziga gifatanyije , bivuga ikinyabiziga gikomatanyije kimwe ariikinyabiziga gikurura , ikindi ari
#8. Icyemezo cyo kwambura burundu uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kimenyeshwa
#9. INTABAZA NDANGURURAJWI IKORESHWA GUSA IGIHE IKINYABIZIGA NDAKUMIRWA
#10. ijambo" inzira y'ibinyabiziga" bisobanura
#11. Umjyobozi ubonye ko hari undi umukurikiye ashaka kumunyuraho agomba
#12. Mbere yo kugira uwo unyuraho, umuyobozi wese agomba kwiringira ko
#13. Ijambo "remoroki ntoya" bivuga remoroki iyo ariyo yose, ifite uburemere
#14. Urwego C rureba imodoka zagenewe gutwara ibintu bifite uburemere ntarengwa bwemewe:
#15. Mu bitegekwa n'umukozi ubifitiye ububasha, ukuboko kuzamuye gutegeka ibi bikurikira
#16. abanyamaguru bagomba kunyura mu myanya yabateganyirijwe iyo iri ahatageze mu ntera ya
#17. Ijambo akagarura rumuri, risobanura akantu karabagirana gasubiza imirasire y'urumuri
#18. Ikinyabiziga cyose cyangwa ibinyabiziga bikururana iyo bigenda bigomba kugira
#19. Kubisikana bikorerwa ku ruhande
#20. Inyamaswa zigenda ku muhanda zigomba uko bishoboka kosegukomeza kugendera
SHARE